AMAYOBERA KU RUPFU RWA COL MAYUYA| UMUVANDIMWE WA PASITERI BIZIMUNGU| NGO BYOSE KU MUTWE WA KANZIGA?
GENTIL GEDEON OFFICIAL GENTIL GEDEON OFFICIAL
438K subscribers
129,863 views
559

 Published On Jan 13, 2021

#GENTILGEDEONOFFICIAL #COLMAYUYA
Urupfu rwa Col. Stanislas Mayuya wayoboraga ikigo cya Gisirikare cya Kanombe, Rwagumye kuba amayobera kugeza na Magingo aya.

Yabaye inshuti y'akadasohoka ya Prezida Habyarimana kugeza n'ubwo ngo yumvaga yazamusigira ubutegetsi mu myaka y'1990.

Yarashwe n'umusirikare muto mu kigo cya Kanombe ariko habura amakuru y'uwaba yaramutumye.

Byavuzwe ko byakozwe n'abantu bo mu "AKAZU" bayobowe na Agatha Kanziga, utarifuzaga ko asimbura Mwenewabo ku buyobozi bw'ingabo.

Uwamwishe nawe yishwe nyuma y'iminsi 10 akorerwa iyicarubozo.

AMAYOBERA KU RUPFU RWA COL MAYUYAWARI INSHUTI YA HABYARIMANA, AKABA N'UMUVANDIMWE WA PASITERI BIZIMUNGU. BYOSE BYAJE GUSHYIRWA KU MUTWE WA AGATA KANZIGA.

Kurikira ibiganiro byacu kuri ‪@gentilgedeonofficial‬ unakore Subscribe kugirango ujye ubona ibiganiro byacu bikijyaho.

show more

Share/Embed